Umukino ubanza wa 1/2 wagombaga guhuza AS MUHANGA na INTERFORCE FC wasubitswe

Umukino ubanza wa 1/2 wagombaga guhuza AS MUHANGA na INTERFORCE FC wasubitswe kugira ngo Komisiyo ishinzwe amarushanwa ibanze isuzume ubusabe bwa Rwamagana City FC ku kibazo kirebana n’umukinnyi MBANZA Joshua.
Ikemezo cya nyuma cya Komisiyo kizatangazwa mu gihe cya vuba.
PHOTO CREDIT: IGIHE